Archives for décembre, 2016
2017-2018: Imyaka y’amatora mu Rwanda. Imyiteguro yayo igeze he?
Kigali: Inzu Komisiyo y'Igihugu y'Amatora- NEC - ikoreramo 31/12/2016, yanditswe na Emmanuel Senga Umwaka bucya dutangira wa 2017 ni umwaka udasanzwe mu buzima bw'abanyarwanda, kubera…
Bimwe mu byaranze umwaka w’2016 (igice cya 2)
31/12/2016, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Nyuma y'igice cya mbere cya bimwe mu byaranze umwaka w'2016, twagejejejweho na Faustin Kabanza mu minsi ishize, muri iki gice…
Maître Toy Nzamwita yishwe arashwe na polisi
Inkuru y'urupfu rwa Maître Toy Nzamwita yamenyekanye ejo tariki ya 30/12/2016, nyamara ikinyamakuru "Ukwezi" cyatangaje iyi nkuru bwa mbere, cyavuze ko yarashwe na polisi mu…
Rwanda/Amatora: Ikibazo kimwe kuri perezida Kagame, na bibiri ku batavugarumwe na we
30/12/2016, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Amatariki yerekana gahunda igomba kugurikizwa ku bashaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda, n’igihe amatora azabera byashyizwe ahagaragara na minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu:…
Gakondo k’iwacu ntikiri ubukonde bw’iwacu n’abacu (igice cya kabiri)
29/12/2016 yanditwe na Evariste Nsabimana Ikinyamakuru cyanyu '''' mu ntangiriro yacyo gisohoka cyabagejejeho inyandiko kise ''Gakondo k’iwacu ntikiri ubukonde bw’iwacu n’abacu'' kibasezeranya kuzayicyumbukura. Iyo nyandiko…
Rwanda: Ese hari ibimenyetso bigaragaza irangira ry’igitugu? Igice cya nyuma
25/12/2016, yanditswe na Emmanuel Senga Iki gice cya gatatu, ari na cyo cya nyuma turagihera kuri ziriya ngingo cumi n'ebyiri twabonye mu gice cya kabiri,…
Abategetsi b’u Rwanda bamaganye icyemezo cyo gufungura Ferdinand Nahimana na Padiri Emmanuel Rukundo
22/12/2016, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Tariki ya 14 Ukuboza 2016, urwego rwa LONI (Umuryango w'abibumbye) rushyinzwe inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, rwatangaje ko Ferdinand Nahimana na Padiri…
Ikinyamakuru « New Vision » cyasabye imbabazi perezida Kagame kubera uburyo cyari cyamushushanyije (caricature)
22/12/2016, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Muri iki cyumweru, "New Vision" isobanukiwe ko jenoside yakorewe abatutsi mu w'1994, itavugwa ku buryo bubonetse bwose, kabone n'aho byaba…
Rwanda: Ese hari ibimenyetso bigaragaza irangira ry’igitugu (igice cya 2)?
21/12/2016, yanditswe na Emmanuel Senga Nk'uko twari twabihanyeho umugambi ko tuzakomeza gusuzuma ibimenyetso byerekana irangira ry'igitugu mu gihugu, tugiye gukomeza turebera hamwe ibigaragaza iyo ngoma…
Kuvuga ko hariho amashyaka, kuri we ni nko kwikirigita ugaseka
19/12/2016 uko François Munyabagisha abibona François Munyabagisha ni umwanditsi w'ibitabo (ku mpera z'iyi nyandiko ye murahasanga bimwe muri byo). Muri iyi nyandiko ye, arasobanura ikimutera kuvuga…