Archives for juin, 2017
Bruxelles »Rwanda Day »: Kagame Paul atwigisha iby’umuco-nyarwanda nka nde?
17/06/2017, yanditswe na Leon Nkunzurwanda Kwumva ibyo Kagame Paul yigisha ni akumiro. Aha ndavuga aho yari ari i Bruxelles muri ''Rwanda Day'' ye aho yavuze…
Imyigaragambyo yo kwamagara perezida Paul Kagame i Bruxelles aho ari muri »Rwanda Day »
11/06/2017, Ubwanditsi Nyuma y'imyigaragambyo y'i Bruxelles ho mu Ububiligi yo ku itariki ya 07/06/2017 yari yateguwe n'imiryango yigenga itegemiye kuri Leta ifatanyije n'amashyaka nyarwanda akorera…
Mu Bubiligi Paul Kagame yahahuriye n’imyigaragambyo y’abamwamagana n’iy’abamuri inyuma
08/06/2017, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Abitegereza neza basanga abanyarwanda n'abanyamahanga bakwiye kuzirikana impamvu mu bakuru b'ibihugu birenga 140 bahuriye i Buruseli, umwe gusa (Paul Kagame) ari…
Mu Rwanda, abaturage b’i Kigali bari gutaka batabariza benewabo bashimuswe bakanaburirwa irengero
07/06/2017, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Nk'uko bitangazwa na Radiyo ijwi ry'Amerika, mu makuru yayo yo kuri uyu wa gatatu tariki ya 07 Kamena 2017, hari…
Amateka y’U Rwanda akomeje kugorekwa nkana !
07/06/2017, Gidius Kabano Muri iyi nyandiko twahaye umutwe ugira uti : ‘‘Amateka y’U Rwanda akomeje kugorekwa nkana ! ’’, Gidius Kabano aragaruka ku kibazo ngorabahizi cy’imyumvire n’imyandikire y’amateka…
»Genève » mu Busuwisi: Inama mpuzamahanga ku kibazo cy’impunzi z’abanyarwanda
06/06/2017, Tharcisse Semana Mu mujyi wa ''Genève'' ho mu Busuwisi, ubu harimo gutegurwa ''Inama mpuzamahanga ku kibazo cy'ivanywaho burundu ry'ubuhunzi ku banyarwanda bahunze igihugu guhera…
Philibert Muzima araduha incamake mu kinyarwanda ku gitabo yanditse « Imbibé de leur sang, gravé de leurs noms »
05/06/2017, Jean-Claude Mulindahabi Mu kiganiro musanga munsi hano Philibert Muzima arakora incamake mu kinyarwanda ku gitabo yanditse mu gifaransa aho atanga ubuhamya ku bihe bikomeye…
Imibare nyayo y’inzirakarengane zaguye i Kibeho nk’uko abanya Australie babitangarije Padiri Nahimana na bagenzi be bariyo mu ruzinduko
04/06/2017, Jean-Claude Mulindahabi Muri iki kiganiro Padiri Thomas Nahimana uvuye mu rugendo muri Australie, we n'intumwa yari ayoboye, avuga ko abanya Australie bari i Kibeho…
Rwanda: imyiteguro y’amatora, na yo ishyize ahabona intege nke z’ubutegetsi muri demokarasi
01/06/2017, Jean-Claude Mulindahabi Imyiteguro y'amatora ya Perezida wa Repubulika irakomeje mu Rwanda mu gihe hasihaye amezi abiri kuko azaba tariki ya 3 Kanama ku banyarwanda…