Abantu 19 bahitanywe n’inkurikizi z’imvura nyinshi yaguye muri iyi minsi mu Rwanda
25/04/2018, Clara Simbi
Mu minsi itatu ishize haguye imvura nyinshi cyane mu Rwanda ku buryo ingaruka zayo zahitanye abantu 19 bose. Hari byinshi byangiritse birimo n’amazu, ariko ikigero cyabyo ntikirarangira gunononsorwa. Ni imvura yaguye mu turere tunyuranye tw’igihugu. Ukwa kwezi kwa Mata, gusanzwe ari ukwezi kubamo imvura, ariko ntiyajyaga ahitana bantu n’ibintu aka kageni.
Inkuru ya Radiyo Ijwi ry’Amerika:
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.