Abanyarwanda ntibaremewe guhora mu bibazo by’ingutu. Abatumirwa baratanga ibitekerezo
27/10/2017, Jean-Claude Mulindahabi

Nubwo ingorane abenegihugu bahura na zo mu Rwanda zimaze igihe kinini, ariko ibyo bibazo si gatumwa si n’umurage. Kubisohokamo birashoboka. Mu kiganiro musanga munsi hano, abatumirwa baratubwira uko babona abanyarwanda babyigobotora.
Abo batumirwa ni:
- Marcelline Nduwamungu Bukeye, umuyobozi wa RIFDP mu Bubiligi
- Claude Gatebuke, umuyobozi wa AGLAN
- Célestin Sebahire wo muri LECP
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.