Abaturage bemeza ko ingona zimaze kwica abantu 7 mu kwezi kumwe bajya kuvoma Nyabarongo
Tariki 20/08/2017, Ubwanditsi
Nk’uko abaturage batuye mu karere ka Kamonyi, bafite ikibazo gikomeye cy’ingona ziri kubamaraho abantu zibica bagiye gushaka amazi muri Nyabarongo kuko nta bundi buryo bwo kubona amazi bafite aho batuye. Batangarije Royal TV ko mu kwezi kumwe gusa ingona zimaze kwica abantu barindwi bose.
Mu minsi ishize Iki kibazo cyanagaragajwe n’abaturage b’umurenge wa Mugeragere hafi ya Kigali.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.