Baburiwe irengero batwawe n’abashinzwe umutekano, umuryango wabo urasaba abategetsi kubisobanura
01/08/2018, Ubwanditsi
Muri iyi minsi hongeye kumvikana ikibazo cy’abavuga ko ababo baburiwe irengero. Urugero ruratangwa n’uyu mugabo mushobora kumva aho yaganiriye na Radiyo Ijwi ry’Amerika (VOA), arisobanurira ko hari abo mu muryango we batwawe n’abashinzwe umutekano mu Rwanda, none ngo ubu baburiwe irengero.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.