« Buri munyarwanda agomba gutegwa amatwi. Kwicarana ni wo muti urambye w’ibibazo by’igihugu» J.Claude Nkubito / IDPA
08//09/2020, Jean-Claude Mulindahabi
Mu kiganiro musanga munsi hano, turasobanuza IDPA (Initiative pour le dialogue et la Paix en Afrique, Ikigo giharanira gukemura amakimbirane mu nzira y’ibiganiro n’amahoro) uko ishobora kugira uruhare mu gukemura amakimbirane hagati y’abari ku butegetsi n’abatavugarumwe na bo. Turumva icyo avuga ku karere k’ibiyaga bigari muri rusange, ndetse by’umwihariko ku Rwanda. LECPINFO na Radiyo Urumuri, twaganiriye n’Umunyamabanga nshingwabikorwa wa IDPA, ni Jean-Claude Nkubito:
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.