« Déo Mushayidi yandikiye P.Kagame ariko Diregiteri wa gereza agumana ibarwa ye » Jean Munyampeta
08/03/2020, Ubwanditsi
Déo Mushayidi, Perezida wa PDP Imanzi ufunze kuva tariki ya 5 Werurwe 2010. Muri Nzeli uwo mwaka yakatiwe gufungwa burundu. Ubu amaze imyaka 10 afunze. Mu kwezi kwa Werurwe 2019 yandikiye Perezida wa Repubulika asaba imbabaz,i nk’uko amategeko y’u Rwanda abimwemerera, ariko Diregiteri wa gereza agumana ibarwa ye. Turabisobanurirwa na Jean Munyampeta umunyamanga mukuru wa PDP Imanzi.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.