Dep. Enock Kabera aremeza ko kwibasira umuryango wa Rwigara byatangiye mu w’1998
Tariki 04/08/2017, Jean-Claude Mulindahabi
Depite Enoch Kabera avuga ko azi neza umuryango wa nyakwigendera Assinapol Rwigara. Ibibazo byugarije uyu muryango muri iki gihe, Dep. Kabera yemeza ko bimaze igihe kinini.
Depite Enock Kabera avuga ko byatangiye by’umwihariko kuva mu w’1998. Icyo gihe Rwigara yarahunze agera mu Bubiligi, nyuma aragaruka, ariko ntiyahiriwe ngo kuko yakomeje kujujubya, bamuziza imitungo atifuzaga ko bivangamo.
Ubu ni ubuhamya atanga.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.