Dr F.Habineza yiyamamaje mu Bugesera ababwira ibyo azakosora mu byazambijwe n’abategetsi b’ubu
Tariki 27/07/2017, Ubwanditsi
Ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu karere ka Bugesera, Dr Frank Habineza yavuze ko azasubiza uburenganzira abaturage bagahinga ibihobora kubatunga no kubavana mu bukene. Yasobanuye ko ntawuzongera kwamburwa kandi yakoze umurimo yari ashinzwe. Yashimangiye ko igihugu kizubahiriza amategeko n’amahame y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu ndetse demokarasi igahabwa umwanya ikwiye.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.