Dr J. Sebarenzi yatangaje ko amatora yo mu Rwanda ari ikinamico
Tariki 05/08/2017, Ubwanditsi
Dr Joseph Sebarenzi Kabuye yabaye Perezida w’Intekonshingamategeko y’u Rwanda kuva 1997 kugeza mu w’2000, ubwo yahungaga abari ku butegetsi avuga ko bari bagiye kumugirira nabi. Ni umucikacumu rya jenoside yakorewe abatutsi bo mu Rwanda. Yatangarije Radio BBC ko amatora ya Perezida yakozwe mu Rwanda ari ikinamico.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.