Etienne Masozera aratubwira icyo ubumwe n’ubwiyunge nyabwo bishingiraho
19/01/2020, Jean-Claude Mulindahabi
Mu kiganiro musanga munsi hano, twagiranye na Etienne Masozera, aratubwira icyo abona ubumwe n’ubwiyunge nyabwo bushingiraho. Muri iki kiganiro turumva kandi Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’ubumwe n’ubwuyunge Fidèle Ndayisaba, Arkipisikopi wa Kigali, Antoine Kambanda, ndetse hari n’umuvugabutumwa w’umupasiteri wo mu Rwanda turi bwumve agira icyo avuga ku ngingo ifitanye isano n’iyi y’ikiganiro.
Etienne Masozera ni Perezida w’ishyaka Amahoro People’s Congress
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.