Mu gihe we na bagenzi be bahariye iki cyumweru igihe cyo kuzirikana imfungwa za politiki n’imfungwa z’ibitekerezo, Maître Bernard Ntaganda yatangaje ko mu Rwanda nta butabera, ko kandi imfungwa zifatwa nabi. Maître Bernard Ntaganda asobanura ko yanyuze mu nzira y’inkiko na gereza, ngo ku buryo avuga ibyo yahagazeho.
Ibi yabigaragaje mu itangazo musanga munsi hano, ndetse anabitangaza kuri « Radiyo Ijwi ry’Amerika »:
ITANGAZO N°004/PS.IMB/NB/2018: »ICYUMWERU CYAHARIWE KUZIRIKANA IMFUNGWA ZA POLITIKI N’IZ’IBITEKEREZO MU RWANDA »
Rishingiyekuitangazo N°001/PS.IMB/NB/2018 ryokuwa 20Gashyantate 2018 rishyirahoumunsiNgarukamwakawokuzirikanaimfungwazapolitikin’iz’ibitekerezoziboreramurigerezazo mu Rwanda;
Kuvakuitalikiya 17 Kamena 2018 hazatangirakumugaragaroicyumwerucyahariweimfungwazapolitikin’iz’ibitekerezo mu Rwanda hose kizasozwakuitalikiya 24 Kamena 2018;umunsiNgarukamwakawokuzikanaimfungwazapolitikin’iz’ibitekerezoziboreramurigerezazo mu Rwanda.
Ingingoya 2:
Muriikicyumwerucyose,hazabaibikorwabinyuranyebyogushyigikiraizimfungwazapolitikin’iz’ibitekerezo no guhamagariraAbanyarwandandetsen’amahangakuzirikanaizimfungwabazifasha mu buryoubwoaribwobwose.
Ingingoya 3:
Muriikicyumweru,hazashyirwa mu cyeziibikorwabikurikira:
1° Ku italikiya 17 Kamena 2018 hazatangizwakumugaragaroicyumwerucyahariweizimfungwa;
2° Kuvakuitalikiya 17 Kamena 2018 kugezakuitalikiya 24 Kamena 2018 hazabaibiganirombwirwaruhame mu Rwanda no mu mahanga mu bitangazamakurubitandukanye;
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.