Impunzi z’abanyekongo ziri mu Rwanda zikomeje kuvuga ko zifite impungenge z’umutekano wazo
23/04/2018, Ubwanditsi
Mu mpera z’icyumweru gishize impunzi z’abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda ziba mu nkambi ya Kiziba mu burengerazuba bw’u Rwanda zatangaje ko polisi y’u Rwanda yazisatse ku buryo budasanzwe. Nk’uko mushobora kubyiyumvira muri iyi « vidéo » iri munsi hano, ibyo bikorwa biteye impungenge nyinshi izo mpunzi cyane cyane ko zikibuka uko zarashweho, zimwe zikahasiga ubuzima mu minsi ishize ubwo zakoraga imyigaragambyo mu mahoro zisaba ko ibibazo zifite byakemurwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (HCR):
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.