Perezida Kagame ati: « ibyo nari narabuze aho mbivugira, mbivugira hano », … mu giterane cy’amasengesho
16/01/2017, Ubwanditsi
Mu ijambo rye, tariki ya 15/01/2017, mu giterane cy’amasengesho (bita national prayer breafast) muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame yavuze ko umwaka w’2016 wagenze neza kurusha iyindi, ndetse yongeraho ko uw’2017 nta gushidikanya ko uzaba mwiza na wo. Paul Kagame ntiyahishe ko muri icyo giterane, anaboneraho umwanya wo kuvuga ibyo atari yarabonye uko avugira ahandi.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.