Perezida Kagame avuga ko bataye muri yombi abafashije abagabye igitero
25/07/2017, Ubwanditsi
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ubwo yari amaze gutanga kandidatire muri Komisiyo y’amatora, Perezida Paul Kagame yatangaje ko bataramenya abagabye igitero Rusizi, cyakora ngo bazi ko cyaturutse hanze, ndetse ngo bataye muri yombi abanyarwanda bafashije abateye.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.