Pierre Nkurunziza yasabye intara zo hafi y’u Rwanda kuryamira amajanja
13/12/2018, Ubwanditsi
Petero Nkurunziza yabitangaje mu nama yagiranye n’abayobora intara z’u Burundi zirimo izihana imbi n’u Rwanda. Ni mu gihe umubano w’ibihugu byombi umaze igihe warajemo igitutsi. Buri gihugu gishinja ikindi gucumbikira abashaka kugitera, by’umwihariko kuva 2015, ubwo bamwe mu bakekwaho umugambi wo gushaka gukora « coup d’Etat » bahungiue mu Rwanda.
Ku buryo burambuye twifashishe inkuru ya VOA, Radiyo Ijwi ry’Amerika:
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.