« Rwanda nkunda, nanjye ndibuka » Denise ZANEZA
08/04/2019, Ubwanditsi

Mu muvugo yagejeje ku bantu kuwa gatandatu tariki ya 06 Mata 2019, umutegarugori Denise ZANEZA yagize ati: « Rwanda nkunda, nanjye ndibuka ».
Aho hari i Buruseli mu Bubiligi ubwo abanyarwanda bakoraga urugendo rwo kwibuka, kuzirikana no kunamira inzirakarengane zose zaguye mu bwicanyi ndengakamere bwageze no ku kigero cya Jenoside mu myaka 25 ishize.
Denise Zaneza ati: « simpakana jenoside yakorewe abatutsi, ahubwo ndayamagana, nk’uko namagana iyakorewe abahutu ».
Umuvugo wa Denise Zaneza:
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.