U Burundi bwongeye kugaruka ku mwuka utari mwiza hagati yabwo n’u Rwanda
07/08/2018, Ubwanditsi
Pascal Barandagiye, Minisitiri ufute umutekano mu nshingano ze imbere mu gihugu avuga ko u Burundi n’abarundu biteguye gukoma imbere uwo ari we wese washaka gutera u Burundi. Ni nyuma y’aho abarundi batangarije ko indege ya girikare y’u Rwanda yavogereye ikirere cy’u Burundi, bikaba byari byavuzwe bwa mbere n’umukuru w’intara ya Kayanza. Iyo ndege ngo yavogereye ikirere cyabo tariki ya 13 Nyakanga 2018, ariko ngo babanje kwicecekera nubwo babon ko icyo gikorwa ari ubushotoranyi.
Ni inkuru ya VOA kuri uyu wa kabiri tariki ya 07/08/2018
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.