« U Rwanda rwakizwa n’impinduka. Ibarwa Mushayidi yandikiye Perezida kuki itamugezwaho »J. Munyampeta
05/09/2020, Ubwanditsi
Umunyamabanga mukuru wa PDP Imanzi Jean Munyampeta, aravuga ko icyatuma abanyarwanda bava mu bibazo barimo ari impinduka y’ubutegetsi bushya kandi bwiza, bwasimbura ubusanzwe. Perezida w’ishyaka PDP Imanzi we amaze imyaka icumu afungiye mu Rwanda. Ni Deo Mushayidi. Jean Munyampeta aravuga ko Perezida w’ishyaka adakwiye kwibagirana ndetse akavuga ko bitumvikana ukuntu ibarwa yandikiye Perezida wa Repubulika iteremerewe kugera mu Rugwiro.
Ikiganiro:
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.