Ubuhamya ku bwicanyi buri gukorerwa impunzi z’abanyarwanda muri RDC
02/02/2019, Jean-Claude Mulindahabi
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 02 Gashyantare 2019, mu kiganiro tugiranye n’umwe mu mpunzi z’abanyarwanda ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, aradusobanurira ukuntu izo mpunzi zimaze ukwezi zihigwa bukware, zimishagizwamo ibisasu ku buryo hari abahasize ubuzima. Mu buhamya bwe, aravuga abo bagizi ba nabi, n’igihe ibyo bikorwa byatangiriye, n’uko byifashe uyu munsi. Ubwo bwicanyi ngo bwahereye mu bice bya Rucuru.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.