Uko imyigaragambyo yamagana iburirwirengero rya Boniface Twagirimana yari yifashe
28/10/2018, Ubwanditsi
Ku itariki ya 27 Ukwakira 2018, i Buseli mu Bubiligi hakozwe myigaragambyo imbere ya Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’i Burayi; abayikoze bakaba basaba ubutegetsi bwu Rwanda gusobanura ibura rya Bonifiace Twagirimana Visi-Perezida wa mbere wa FDU Inkingi wabuze yari mu maboko y’inzego ishinzwe amagereza kuko yari afungiye muri gereza ya Mpanga. Ubutegetsi bw’u Rwanda buvuga ko yatorotse, ariko ishyaka ye ryagaragaje impungenge ko yabavanywe muri gereza n’abashinzwe umutekano bakaba baramujyenye aho batazi, ndetse bakagira n’impungenge ko yaba yaragiriwe nabi.
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.