« Uko ubutegetsi bushora urubyiruko mu bikorwa byo gukandamiza abaturage » Igitabo cya René C. Mugenzi
30/08/2020, Ubwanditsi
Mu kiganiro musanga munsi hano René Claudel Mugenzi yagiranye na mugenzi wacu Jean-Claude Mulindahabi, arasobanura ibikubiye mu gitabo yasohoye mu rurimi rw’igifaransa n’icyongereza aho yerekana ukuntu ubutegetsi buri mu Rwanda muri iki gihe, bushora urubyiruko mu bikorwa byo gukandamiza cyangwa gutoteza abanyarwanda bari hanze. Asobanura ko iki gikorwa kimaze imyaka isaga 10 ariko ko abagishorwamo benshi badatinda kubona ko bashowe mu bugizi bwa nabi.
Ikiganiro:
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.