Zura Karuhimbi, umukecuru w’imyaka 99, arasobanura amayeri yakoresheje akarokora abatutsi basaga 100 muri jenoside
10/04/2018, Jean-Claude Mulindahabi
Zura Karuhimbi ni umwe mu banyarwanda bagize ubutwari bwo kurokora abatutsi bashoboraga kwica w’1994 mu gihe cya jenoside mu Rwanda. Icyo gihe Zura Karuhimbi yari afite imyaka 75 y’amavuko. Uyu munsi, Karuhimbi afite imyaka 99. Atuye mu karere ka Ruhango (ahahoze ari muri Perefegitura ya Gitarama) mu ntara y’amajyepfo y’u Rwanda muri iki gihe. Mu w’1994, mu gihe cya jenoside yabashije kurokora abatutsi barenga 100. Mu nkuru yumvikanye kuri Radiyo « Ijwi ry’Amerika » (VOA) yabashije kumusura no kuganira na we, Karuhimbi arasobanura amayeri n’ubwenge yakoresheje akarokora abo batutsi bashoboraga kwicwa:
Laisser un commentaire
Vous devez être connecté·e pour rédiger un commentaire.